Umuganga witwa Dr. Kenneth Koch yavuze ko igihe cyiza cyo kujya mu bwiherero ari mu gitondo umuntu akibyuka.
Urubuga Elcrema rwanditse ko impamvu Koch yemeza ko kujya mu bwiherero ukibyuka ari byo byiza, ngo ni uko amara aba yaraye akora igihe usinziriye ku buryo bigera mu gitondo yiteguye kurekura ibyo umubiri udakeneye.
Ibi kandi ngo birushaho kuba byiza iyo ubigize akamenyero, akaba aribyo ubanza gukora buri gitondo uko ubyutse.
Urubuga Elcrema rwanditse ko impamvu Koch yemeza ko kujya mu bwiherero ukibyuka ari byo byiza, ngo ni uko amara aba yaraye akora igihe usinziriye ku buryo bigera mu gitondo yiteguye kurekura ibyo umubiri udakeneye.
Ibi kandi ngo birushaho kuba byiza iyo ubigize akamenyero, akaba aribyo ubanza gukora buri gitondo uko ubyutse.
No comments:
Post a Comment